in

Isengesho ry’umukunzi wa myugariro wa APR FC n’ikipe y’Igihugu Niyomugabo Claude muri 2023

Umwaka urarenze myugariro wa APR FC n’ikipe y’Igihugu Amavubi, Niyomugabo Claude ari mu rukundo n’umukobwa witwa Umutoniwase Nadia wigeze kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2020.

Nkuko ibindi byamamare byose byagiye bishimira Imana yabanye nabyo muri uyu mwaka twaraye dusoje , Miss Umutoniwase Nadia umukunzi wa myugariro Claude Niyomugabo , yifashishije urukuta rwe rwa instagram rukurikirwa n’abantu bagera ku bihumbi 7000 yashimye Imana itumye asoza umwaka ari mu munyenga w’urukundo anatanga isengesho ku Mana.

Nadia yagize ati:”umwaka mushya nshuti yanjye ,  nshimishijwe no kumenya ko naringufite mu buzima bwanjye uno mwaka ,, ndasaba uyu mwaka uzatubere uw’imigisha ,ubuzima buzira umuze ,kubaho n’ibyishimo”

Guhera mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2022 ,nibwo urukundo rwaba bombi rwatangiye kuvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye byo mu Rwanda ,ahanini bitewe no kuba aba bombi ,badasiba kugaragariza abantu ku mbuga nkoranyambaga urwo bakundana.

Nadia yasabye Imana kubaha ibyishimo n'ubuzima bwiza we n'umukunzi we Niyomugabo Claude
Nadia yasabye Imana kubaha ibyishimo n’ubuzima bwiza we n’umukunzi we Niyomugabo Claude

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari gusaza yanduranya!? Cristiano Ronaldo yahawe urw’amenyo nyuma yo kurenga ku ijambo yavuze muri 2015

Indege yari irimo abantu bane yakoze impanuka igwa muri pariki mu gihe haburaga amasegonda make ngo 2022 irangire