Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) yamaze kwemera guha umutoza Mashami amasezerano mashya nk’umutoza w’ikipe y’igihugu, hasigaye ko na FERWAFA ibiha umugisha. Amasezerano y’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u...
Umutoza w’ikipe ya Manchester City ,Pep Guardiola yashimagije cyane Lionel Messi ndetse ahamya ko aramutse amufite mu ikipe ye byaba bihebuje. Nyuma y’umukino Manchester City yatsinzemo...
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus, Cristiano Ronaldo akomeje gukora amateka ku mbuga nkoranyambaga aho yujuje igice cya Miliyari y’abamukurikira ku mbuga ze zitandukanye. Kugeza ubu amafaranga Cristiano...
Uyu munsi mu gitondo mu mugi wa Kigali habaye Press conference yahuje abari bayoboye Delegation y’amavubi muri CHAN ndetse n’abanyamakuru b’imikino batandukanye ba hano mu Rwanda....
Hashize igihe gisaga icyumeru ku ma radio atandukanye ya hano mu Rwanda havugwa ikitwa “Operation Douala-Limbe”, aho abanyamakuru baherekeje Amavubi muri CHAN bagiye bagaruka ku rugendo...
Rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelone ,Lionel Messi yambitswe imyambaro y’ikipe ya Paris Saint-Germain, bituma benshi batangira kwibaza niba yaba agiye kwerekeza muri iyi kipe mu minsi...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’U Rwanda, Jacques Tuyisenge, yavuze ku bijyanye n’ubukwe bwe anavuga ku mubano we n’umukunzi we. Ibi Jacques Tuyisenge yabivugiye mu kiganiro yagiranye na...