in

Hari amafunguro wigeze kurya umubiri ukagutenguha?

Hari amafunguro urya ukageraho ukayahaga, ariko hari n’ibyo urya bikagusigira uburyohe utakibagirwa. Ti’Amo Lounge, yahisemo kubagezaho Pizza iteguwe mu buryo bwiza kandi ku rwego rwo hejuru, itunganyijwe mu buryo bwa kinyamwuga, kugira ngo buri gace uriyeho kagusigire ibyishimo.

Pizza yabo itekwa ku rugero rwiza, ikagira umutsima woroshye ariko ushashagirana, isosi iryoshye ikozwe mu buryo bwihariye, ndetse ikongerwamo inyama n’ibindi birungo byinshi bituma buri gasate kaba gafite uburyohe budasanzwe. Iyo uyiriye bwa mbere, uhita wumva impamvu abakiliya baho bahora bahagarukira.

Ushaka gusangira n’umuryango, inshuti, abo mukorana cyangwa se ushaka kwinezeza wenyine wisangiza, Ti’Amo Lounge ni ho hantu heza wagana. Uretse Pizza ziryoshye, na serivisi yaho bakwakirana urugwiro, bakagufasha kugira umwanya mwiza mu buryo bugezweho.

Ntugomba gutegereza kugeza igihe inzara ikurenga. Hamagara nonaha, utange commande yawe maze bakugezeho Pizza ku gihe, ifite impumuro n’uburyohe budasanzwe buzatuma ushaka kongera kuyiryaho. Muri Ti’Amo baba bifuza ko buri mukiliya anyurwa n’icyo ahawe.

Ti’Amo Lounge ntabwo bateka Pizza gusa, bagira serivisi yose ishobora gutuma umukiliya wabo ataha yishimye.

Wifuza ibindi bisobanuro birambuye wahamagara numero yabo nonaha: 0796 124 773

Pizza amwe mu mafunguro akunzwe cyane muri Ti’Amo Lounge

Written by MUTABAZI Prince

Meddy yatangaje icyabaye imbarutso y’impinduka zikomeye mu buzima bwe

Niyibizi Ramadhan mu muryango winjira muri Kiyovu Sports

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO