in

Sugira Ernest yashimiye UMUKURU W’IGIHUGU, Paul KAGAME ku bw’ibihembo yageneye amavubi

Ku munsi w’ejo, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yasuye abakinnyi b’amavubi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya CHAN iheruka kubera muri Cameroon.

Mu Kiganiro yagiranye n’aba bakinnyi, Perezida Kagame akaba yarababwiye ko nubwo hari ibihembo FIFA isanzwe yarageneye abakinnyi bagiye muri CHAN, n’u Rwanda ubwarwo hari ibindi bihembo rwabageneye bitewe nuko bitwaye bagishimisha abanyarwanda.

Sugira Ernest, rutahizamu w’amavubi akaba yagiye kuri twitter ashimira Umukuru w’igihugu agira ati : “Thank you so much Mr President ” bishatse kuvuga ngo “Urakoze cyane Nyakubahwa Perezida”

https://twitter.com/sugira_ernest/status/1358462369526030337

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere, Queen Cha yahishuye ko afite umukunzi.

Ubwoba ni bwose muri Tanzania kubera icyorezo kitaramenyekana kirimo guhitana abatari bake.