Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

18 July 2026
ISIMBI

Rayon Sports yatsinze Gor Mahia, abakinnyi bamwe barigaragaza

Ibitego bibiri byatsinzwe na Antonio Atisso Kodjo na Nkundimana Fabio byafashije Rayon Sports gutsinda Gor Mahia mu mukino wa gicuti. Ni umukino wabaye mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w'Igikundiro (Rayon Day 2026) wabaye uyu munsi ku wa Gatandatu aho yerekanye abakinnyi n'abatoza izakoresha mu mwaka w'imikino wa 2026-27. Nyuma yo kwerekana abakinnyi nibwo uyu mukino wa gicuuti mpuzamahanga wabaye muri Kigali Pelé Stadium. Mu bakinnyi Rayon Sports yabanjemo bari biganjemo abashya (…) - Siporo / Latestnews

ISIMBI

Wasili yinjiye bidasanzwe acokoza APR FC, Faustinho abura bitunguranye - Rayon Sports yerekanye abakinnyi

Rayon Sports yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka w'imikino wa 2026-27 ariko mu buryo butunguranye kubera uburwayi, umunyamakuru Mugenzi Faustin (Faustinho Simbigarukago) ntabwo yagaragaye nk'umushyushyarugamba nk'uko bimaze kumenyerwa. Uyu munsi ku wa Gatandatu tariki ya 18 Nyakanga 2026 nibwo habaye Rayon Day 2026, umunsi iyi kipe ya Rayon Sports yerekaniyeho abakinnyi izakoresha mu mwaka w'imikino wa 2026-27. Ni Rayon Day yari yihariye aho berekanye abakinnyi ariko noneho kuri (…) - Siporo / Featured , Highlight

ISIMBI

Umufana wa Rayon Sports akwiye gukunda ikipe ye kuruta uwo bakoze ubukwe - Bulldogg yishimiwe i Nyamirambo

Umuraperi ukunzwe na benshi mu Rwanda, Bulldogg yahishuye ko ari umwe mu mabare munini w'abihebeye Rayon Sports ndetse ko umukunzi wayo akwiye kuyikunda kuruta ikindi cyose. Ibi yabigarutseho ubwo yataramiraga abakunzi ba Rayon Sports bitabiriye Rayon Day 2026 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nyakanga 2026. Uyu munsi w'Igikundiro wabereye muri Kigali Pelé Stadium. Bulldogg ni umwe mu bahanzi bagombaga gususurutsa abakunzi b'iyi kipe, agihamagarwa yakiranywe urugwiro rwinshi (…) - Imyidagaduro / Latestnews

ISIMBI

Ntunyobye uyu munsi ni Rayon Day - ACP Rutikanga asubiza uwari umubajije kuri Police FC

Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface yasubije uwari umubajije gahunda ya Police FC ko uyu munsi ari Rayon Day adakwiye kumuyobya. Byose byatangiriye ku mashusho ya Polisi y'igihugu yashyize kuri X yibutsa abantu ko iyi ari weekend idasanzwe irimo imyidagaduro myinshi ariko na none abantu bakwiye kwirinda gutwara banyoye, urusaku rwabangamira abandi n'ibindi. Aya mashusho yaherekejwe n'amagambo agira ati "Ni weekend y'uburyohe! Ni byiza ko tuzirikana umutekano wacu (…) - Siporo / Latestnews