APR FC yatsinze Vipers SC isezererwa muri CECAFA Kagame Cup
APR FC yatsinze Vipers ibitego bibiri kuri kimwe ariko ntiyabasha kuzamuka mu itsinda ngo igere muri 1/2, ni nyuma y'uko yasoje ku mwanya wa gatatu mu itsinda. APR FC yakinaga umukino usoza itsinda A rya CECAFA Kagame Cup aho yari yakinnye na Vipers SC mu mukino wabereye muri Stade Amahoro. Amahirwe yari make yo kurenga itsinda ngo igere muri 1/2 ni nyuma yo kunyagirwa na Gor Mahia 5-0 ikaza gutsinda Garde Républicaine 3-1. Yasabwaga gutsinda Vipers SC ku kinyuranyo byibuze cy'ibitego (…) - Siporo / Latestnews







