Iran yaburiye America ko ibitero ku bwato bwa gisirikare ‘bishobora gukomera’
Intambara ya Iran na America bipfa kugenzura umuhora wa Hormuz irakomeje, itangazamakuru cya leta ya Iran kivuga ko ubuyobozi bw’igisirikare bw’icyo gihugu bwaburiye America ko ibitero ku mato ya gisirikare yayo mu karere bizakomeza kwiyongera niba Washington ikomeje gufunga inzira yo mu mazi. Amerika yashyizeho ingamba zo kugenzura ibyambu bya Iran nyuma y’uko Tehran ifunze […]






