06:55UMURYANGOAPR FC yongeye guteza urujijo abafana bayo nyuma yo gutsindwa n'ikipe ivuye mu kiciro cya kabiriAPR FC yatsikiye imbere ya Sunrise FC, itsindwa igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya Nyagatare (…)
20:56UMUSEKEAziz-Ki yasubiye muri Yanga SCYanga SC ikunzwe kurusha izindi muri Shampiyona ya Tanzania, yahaye Stephane Aziz-Ki wayigarutseho nyuma y’imyaka ibiri atayirimo. Uyu mukinnyi yatangajwe biciye ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe ikunzwe muri Tanzania, kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 15 Kanama 2026. Stephane yahawe ikaze nyuma y’uko itangaje ko yagurishije Allan Okello ukomoka muri Uganda. Amakuru y’igurishwa ry’uyu musore […]
19:38UMUSEKEAmanota y’ibizamini bya Leta agiye gutangazwaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye azatangazwa ku wa 20 Kanama 2026. NESA yabitangaje mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa 15 Kanama 2026, ivuga ko amanota azatangazwa saa Munani z’amanywa. Aya manota ni ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) n’abakoze […]
19:21UMUSEKEBurkina Faso: Abanyamakuru bari gutozwa igisirikareAbanyamakuru bo muri Burkina Faso bari mu mahugurwa ya gisirikare agamije kubatoza “gukunda igihugu”, gahunda yatangijwe n’ubutegetsi bwa gisirikare buyoboye icyo gihugu gihanganye n’ibitero by’imitwe y’iterabwoba y’abajihadisite. Abanyamakuru barenga 40 bakorera ibitangazamakuru bya Leta n’ibyigenga ni bo bitabiriye aya mahugurwa yabaye bwa mbere yateguwe na Minisiteri y’Umutekano, ubutegetsi bwa Burkina Faso bwita gahunda yo “kwiyumva […]
18:38UMUSEKEAS Kigali igiye guhindurirwa izinaNyuma y’imyaka myinshi iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, AS Kigali igiye guhindura izina nyuma y’uko ari yo kipe yonyine isigaye ifashwa n’uru rwego. Ku Cyumweru, tariki ya 16 Kanama 2026, hateganyijwe inama y’Inteko Rusange isanzwe, izahuza abanyamuryango ba AS Kigali. Ni inama biteganyijwe ko izabera mu cyumba cy’inama y’Umujyi wa Kigali mu masaha ya mu […]
18:26UMUSEKEIgisubizo cy’Urukiko rw’Ikirenga ku byo kwereka rubanda abakekwaho ibyahaIyi nyandiko irimo isesengura ry’Umunyamategeko ku kirego uwitwa Murangwa Edward yatanze mu Rukiko rw’Ikirenga ku bijyanye no kugaragaza imbere y’itangazamakuru abantu bakekaho ibyaha, ndetse n’uko Urukiko rwabyanzuye Ese wari uzi ko umuntu wafashwe akekwaho icyaha, mbere y’uko urukiko rubifitiye ububasha rumuhamya icyaha, agomba gukomeza gufatwa nk’umwere? Iri hame ryo gufatwa nk’umwere ryashimangiwe n’Urukiko rw’Ikirenga mu […]