UMUSEKEHakomeje kongerwa ubumenyi mu bijyanye n’ingufu zisubira
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro kudashyira imbere gusa kongera umubare w’abanyeshuri, ahubwo akibanda ku ireme ry’uburezi no kubaha ubumenyi bukenewe ku isoko ry’umurimo. Ibi byagarutsweho ubwo umushinga wa GREATER wasozwaga i Kigali ku wa 3 Nzeri 2026. Uyu mushinga wahuje Kaminuza enye n’amashuri makuru ane byo mu Rwanda n’ibindi bine byo mu Burayi. […]