Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

20 September 2026
UMUSEKE

Rusizi: Hatagiye guterwa ibiti bizafasha kurwanya imirire mibi no gusubiranya ubutaka

Mu Rwego rwo guteza imbere ubuhinzi bwita ku mihindagurikire y’ikirere, gusubiranya ubutaka bwangiritse no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, hatangijwe ku umushinga wo gutera ibiti bivangwa n’imyaka, byiganjemo iby’imbuto ziribwa n’ibirwanya isuri. Ni umushinga ugamije guteza imbere ubuhinzi buhangana n’imihandagurikire y’ikirere, no gutera ibiti bivangwa n’imyaka, iby’imbuto, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi burambye. Uyu […]

UMUSEKE

Urubyiruko rwasabwe gukoresha imbuga nkoranyambaga mu gusakaza ubutumwa bwubaka

Urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga n’urubarizwa mu matsinda aharanira ubumwe n’ubudaheranwa rwasabwe kwifashisha imbuga nkoranyambaga mu kwimakaza amahoro no kurwanya imvugo z’urwango n’izibiba amacakubiri, amakuru y’ibinyoma n’ibindi bikorwa bishobora kugira ingaruka ku bumwe, ubudaheranwa n’ubwiyunge by’Abanyarwanda. Ibi byagarutsweho ku wa Gatanu tariki ya 18 Nzeri 2026, mu biganiro byabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, byahuje […]

ISIMBI

Miss Kundwa Doriane yibarutse

Nyampinga w'u Rwanda 2015, Kundwa Doriane yibarutse imfura ye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Miss Kundwa Doriane wakunze kugira ibanga ubuzima bwe bw'urukundo, mu minsi yashize nibwo yakorewe ibirori byo kwitegura kwakira umwana bizwi nka 'Baby Shower.' Nyuma yo kuba Nyampinga w'u Rwanda wa 2015, umwaka wakurikiyeho yahise ajya gutura muri Canada aho yagiye agiye kwiga. Mu mwaka ushize akaba yari mu Rwanda aho yari yaje gusura inshuti, abavandimwe no kubonana n'umukunzi we uba (…) - Siporo / Latestnews

UMUSEKE

Kamonyi: Abajyanama bishimiye ibyagezweho bagenera ubutumwa abazabasimbura

Mu imurikabikorwa ry’ibyagezweho, Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi Nyoni Lambert yabwiye abari aho ko abazabasimbura bagomba gukumira, no kurwanya imyubakire y’akajagari iboneka muri aka Karere. Ijambo rya Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, Nyoni Lambert ryabanjirijwe no kumurika ibyagezweho bigizwe ahanini n’ibikorwa by’ubuhinzi byahinduye imibereho myiza y’abaturage. Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvère […]