Sign in

YEGOBNews from Rwanda, Africa and the world

Today's feed

Latest news

9 September 2026
UMUSEKE

Hari abavuga ikimenyane mu gutanga ibyangombwa byo kwinura imicanga no gukura amabuye

Nyamagabe: Abasaba ibyangombwa byo kwinura umucanga na kariyeri bavuga ko mu gutanga ibyangombwa harimo ubusumbane n’ikimenyane. Ibi abarenga batanu babwiye UMUSEKE ko bamaze iminsi bandikira Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe basaba impushya zo kwinura umucanga, no gucukura amabuye yo kubaka, mu Murenge wa Kaduha, n’uwa Musange bakazimwa ahubwo zigahabwa umuntu umwe muri iyo mirenge. Bakavuga ko […]

ISIMBI

Element Eleéeh yateguje indirimbo ishingiye ku nkuru mpamo

Umuhanzi akaba na Producer, Element Eleéeh yateguje indirimbo nshya yise 'My Dear' avuga ko ari indirimbo ishingiye ku nkuru mpamo. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu muhanzi umaze iminsi abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizeho 'post' abwira abakunzi be kuri iyi ndirimbo ya 'My Dear.' Element Eleéeh 'post' yayiherekeresheje amagambo asobanura byinshi kuri iyi ndirimbo avuga ko ishingiye ku nkuru mpamo. Ati "Ishingiye ku nkuru mpamo. Hari ibintu bimwe byoroha kuvuga (…) - Imyidagaduro / Latestnews

UMUSEKE

Hari kugeragezwa urubuga ruzagaragaza ahakenewe ingufu

U Rwanda rwatangiye kugerageza urubuga rwa murandasi ruzafasha Leta, abashoramari n’abateza imbere imishinga y’ingufu kumenya ahakenewe amashanyarazi n’ubwoko bw’ibisubizo by’ingufu zisubira bikenewe. Urwo rubuga rwitwa Energy Access Explorer (EAE), rwatangajwe ku wa Kabiri, tariki ya 8 Nzeri 2026, i Kigali, mu nama ya gatandatu mpuzamahanga yiga ku mikoreshereze y’ingufu zisubira muri Afurika (RE4SG). Urubuga rwa […]

ISIMBI

Amavubi yageze muri 1/4 cy'Igikombe cya Afurika

Ikipe y'Igihugu y'abatrengeje imyaka 20 yageze muri ¼ cy'Igikombe cya Afurika cya Handball kiri kubera muri Côte d'Ivoire, nyuma yo gutsinda Zimbabwe ibitego 32-16. Wari umukino usoza Itsinda A wabereye muri Salle Polyvalente ya Abidjan ejo hashize ku wa Kabiri, tariki ya 8 Nzeri 2026. Izi ngimbi z'u Rwanda nyuma yo gutsindwa na Guinea ibitego 36-25 zigatsinda Côte d'Ivoire ibitego 30-25 zasabwaga gutsinda uyu mukino kugira ngo zigere muri 1/4. Baje kwitwara neza batsinda Zimbabwe (…) - Siporo / Latestnews

UMUSEKE

Nyaruguru: Abaturage babonye impinduka mu byakozwe n’Ubuyobozi mu myaka 5 ishize

Ubuhamya bw’abaturage bo muri Nyaruguru, bwumvikanamo gushima ibyo ubuyobozi bwagezeho mu myaka 5 ishize, harimo kubaka ibikorwa remezo, no kugabanya igwingira mu bana, Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, isanzwe ari Imboni y’Akarere muri Guverinoma, yabasabye gukomeza kugira uruhare mu iterambere, bubakira ku byagezweho. Minisitiri Murasira, ari na we Imboni ya Guverinoma […]