“Byicaga abantu kandi mwarabyemeye, izi nganda zimaze igihe” – Bahase ibibazo Minisitiri
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yagiranye inama n’abaturage bo mu Murenge wa Masaka, mu karere ka Kicukiro, agaruka ku bubi bw’ “ibiyoga by’ibikorano” byazonze ubuzima bw’abantu, umwe mu baturage yamubajije icyo bazakora ku gihombo bamwe bagize barangura inzoga leta yahaye ibyangombwa by’ubuziranenge. Iyi nama yabaye mu rwego rw’Inteko z’Abaturage ziba kabiri mu kwezi, ku wa […]








