Abana babiri bavukana barohamye muri Nyabarongo
Ngororero: Ubuyobozi bw’Umurenge wa Ngororero buvuga ko hari abana babiri bavukana, barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo bagiye gusura mubyara wabo. Gitifu w’Umurenge wa Ngororero, Barekayo Jean Marie Vianney yabwiye UMUSEKE ko Ndorimana Eric w’Imyaka 15, na murumuna we Mbonimana Flavien w’Imyaka 13 y’amavuko ari bo barohamye. Bavuye iwabo mu rugo, mu Mudugudu wa Rususa, Akagari […]







