in

Umunyamakuru wa RBA wakunzwe cyane amaze gusezera ku mirimo ye.

Umunyakurukazi wakunzwe n’abatari bake muri RBA Tijara Kabendera amaze gusezera mu mirimo y’ubunyamakuru yari amazemo imyaka igera kuri 18 yose.

Ngubu ubutumwa RBA yashyize hanze

Tiara Kabendera wamenyekanye mu biganiro bitandukanye byacaga kuri radio na Televiziyo y’igihugu bimaze gutangazwa ko atari umunyamakuru w’iki kigo nk’uko RBA yabitangaje.

Mu butumwa RBA yanyujije ku mbuga zayo nkoranyambaga yashimiye byimazeyo uyu munyamakuru, mu gihe cy’imyaka 18 bari bamaze bakorana ndetse bamwifuriza ishya n’ihirwe mu yindi mirimo agiye gukomerezamo.Gusa ntihamenyekanye aho yaba yerekeje cyangwa ikindi agiye gukora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibibaye kuri Green P birababaje nyuma y’aho The Ben wari umufatiye runini amusize.

Rihanna yakoze igikorwa cyo kwicisha bugufi cyakoze benshi ku mutima (AMAFOTO).