Urubuga rwa Urban.org rusobanura ko mu buzima bwa buri munsi uko waba warakuze kose hari uko wakwitwara bitewe n’aho ugeze ntihabe hari umuntu wakuvumbura bigaragariye ku...
Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants),...
Urubuga healthline ruvuga ko burya ingano y’amacandwe umuntu afite bifite igisobanuro gikomeye ku buzima bwe, gusa banavuga ko kugira amacandwe menshi cyangwa make nabyo atari byiza...
Mu buzima habaho ,uburwayi butandukanye ndetse n’ubumuga.Nubwo bimeze bityo ariko usanga bamwe badapfa kubyakira kimwe ndetse hari n’abashakira ikindi gisobanuro.Kuriyi nshuro tugiye kugaruka kuri aba bana...
Ku cyumweru, abashinzwe ubuzima bavuze ko byibuze abantu cumi na batanu bapfuye abandi barenga 50 bajyanwa mu bitaro mu majyepfo ya Tanzaniya kubera indwara itamenyekanye yatumye...
Hari ibintu twirengagiza mu buzima bwacu kandi bifite akamaro gakomeye, kwishima ndetse ugaseka burya koko byongera iminsi yo kubaho Nk’uko umukuru yavuze ati ‘guseka byongera iminsi...
Diplomate ni umuhanzi nyarwanda usanzwe azwiho kugira amagambo asa n’inyigisho mu ndirimbo ze zitandukanye yagiye ashyira ahagaragara, aho kenshi yagiye avuga ku bihe bikomeye bya politike...
Mu gihe abatuye isi bakomeje gushakisha urukingo rwa Covid-19, benshi baribaza amafaranga uru rukingo ruzaba rugura , cyangwa se niba ruzaba rutangirwa ubuntu.Muri iyi nkuru twagerageje...
Igitunguru ni kimwe mu bintu abantu benshi batazi akamaro kacyo n’ubwo bigoranye ko umuntu yateka umunsi kuwundi ntagishyire mubiryo. Nyamara nubwo biri uko, igitunguru ni kimwe...
Ubwandu bw’imyanya ndangagitsina y’umugore (Les vaginites et infections vaginales) ni ukwangirika kw’iyo myanya ndetse ikaba yanabyimba bitewe n’impamvu zinyuranye cyane cyane udukoko dutandukanye umugore ashobora gukura...
Uru rukingo rwa oxford AstraZeneca bimwe mu bihugu byo muri Afurika byamaze gusaba ,rukomeje gutera urujijo rukomeye aho bivugwa ko rudakora ku barengeje imyaka 65 .Suede...
Ubugumba ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije imiryango y’abatuye isi aho usanga bwibasira abashakanye bityo kigatera ingorane zikomeye hagati yabo ku buryo hamwe unasanga bitera intonganya...
Umucyayicyayi ni ikirungo cyagenewe gushyirwa mu cyayi.Umucyayicyayi si ukuba ikirungo gusa ahubwo unafitiye umubiri akamaro gatandukanye nk’uko muri iyi nkuru tugiye kubivuga. Iki kirungo gifite inkomoko...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.