in

Rihanna yakoze igikorwa cyo kwicisha bugufi cyakoze benshi ku mutima (AMAFOTO).

Umuhanzikazi Rihanna yacishije bugufi ubwo yahitagamo kujya kurira iminsi mikuru mu cyaro cy’iwabo ndetse agaragara asabana nabaturage benshi bamwe abagurira lisansi.

Rihanna ukomoka mubirwa bya Barbados, yagezeyo mu ntangiriro z’iki Cyumweru aho ahamyako yagiyeyo agiye mubiruhuko by’iminsi mikuru ya Noheli.Uretse gusangira Noheli n’umuryango we, Rihanna yagaragaye asabana cyane n’abafana be batandukanye ndetse harimo uwagaragaje ibyishimo ko uyu muhanzikazi yabashije kumugurira lisansi.

Rihanna yagaragaye asabana n’abafana be

Nk’uko bigaragara mu mafoto atandukanye, dukesha Metro uyu muhanzikazi yageze aho avuka, hari aho yagaragaye yahuje urugwiro n’abantu batandukanye yagendaga asuhuzanya nabo, mu isoko, mu maduka, aho bategera imodoka bagafata udufoto tw’urwibutso.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA wakunzwe cyane amaze gusezera ku mirimo ye.

Master KG wamenyekanye mu ndirimbo Jerusalema yatsindiye igihembo gikomeye ahita atangaza icyo azakimaza