in

Umupolisikazi w’uburanga akomeje gukoresha abagabo benshi ibyaha(AMAFOTO)

Umukobwa w’umupolisikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutuma abagabo bifuza gufungirwa aho akora nyuma y’amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize hanze.

Uyu mupolisikazi ukorera mu mujyi wa Nairobi yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga nk’uko abandi bakunze kubigenza gusa icyaje gutungurana n’uburyo hari ab’igitsinagabo bahise bamwifuza ndetse bavuga ko uwabaha amahirwe yo gufungirwa aho akora batazuyaza kubyemera.Ahanini bavugaga ko kubera uburanga n’ikimero by’uyu mukobwa bidasanzwe, byaba bakoze ibyaha bituma bafungwa kugirango barusheho guhura n’uyu mwari w’uburanga.

Uyu mupolisikazi yifuzwa na benshi kubera uburanga bwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Transfer: Lewandowisky akomeje kwahagiza amakipe menshi ahazaza he hahishe byinshi.

Umugabo yasimbutse etaje yambaye ubusa ubwo nyir’urugo yamusangaga aryamanye n’umugore w’abandi (Video)