in

Rihanna na A $ AP baguwe gitumo bari mu munyenga w’urukundo (AMAFOTO)

Umuhanzikazi Rihanna n’umuraperi A$ AP Rocky bavugwaho gukundana bakomeje kuryoherwa n’urukundo rwa bibiri nyuma y’aho baguwe gitumo bagafotorwa bagirana ibihe byiza ndetse hafi no gusomana.

Rihanna n’umukunzi we benda gusomana

Ni amafoto yafotowe n’umuntu utaramenyekanye agaragaza aba bombi bari mu bihe byiza maze ayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga, mu bigaragara aya mafoto ntiyagaragaraga neza aho bikekwa ko yafotowe babaguye gitumo nk’uko daily mail yabyanditse.

Rihanna n’umuraperi Rocky barebana akana ko mu jisho

Iki kinyamakuru gitangaza ko uyu mukobwa w’imyaka 32 yari yagiye mu kiruhuko mu cyaro avukamo cyitwa Barbados ku cyumweru gishize ndetse akaba yari yasohokanye na A$ AP.Kuri ubu Rihanna n’uriya muraperi bakaba bakomeje kugaragara kenshi bari kumwe nubwo mbere iby’urukundo rwabo byafatwaga nk’ibihuha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rusheshangoga Michel uherutse gusezera muri As Kigali yagaragaye ari kumwe n’umukunzi we.

Igikomangoma Harry n’umugore we bahishuye ubuzima bugoranye banyuzemo kubera urukundo.