in

Rusheshangoga Michel uherutse gusezera muri As Kigali yagaragaye ari kumwe n’umukunzi we.

Nyuma y’imyitozo yo ku Cyumweru tariki 27 Ukuboza 2020 yabereye kuri Stade ya Kigali, ni bwo Rusheshangoga Michel yasezeye bagenzi be bakinanaga muri AS Kigali, avuga ko agiye gutangira ubuzima bushya.

Rusheshangoga n’umukunzi we ku kibuga cy’indege.

Kuri ubu hakaba hasohotse ifoto ye ari ku kibuga k’indege muri US aho yagiye kuba ari kumwe n’umukunzi we aho bivugwa ko yari yaje kumwakira.

Ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2019 basezerana mu rusengero rwa Foursquare Gospel Church Kimironko muri Gasabo.
Rusheshangoga yageze muri America akaba azahaba nk’ufite icyangombwa cya Green Card kimwemerera kubaha nk’umuturage waho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu 5 by’ingenzi wakorera umukunzi wawe akabona ko umukunda bisesuye.

Rihanna na A $ AP baguwe gitumo bari mu munyenga w’urukundo (AMAFOTO)