in

yabeshyewe ko yafashe umunyeshuri mugenzi we ku ngufu ahita yiyahura ! yasize ibaruwa iteye agahinda

Umunyeshuri witwa  Bafana Sithole wigaga ku ishuri rya Kriel High School mu gihugu cya Africa y’Epfo , yabeshyewe na bagenzi be ko yafashe umwana w’umunyeshuri biganaga ku ngufu ,bituma abura ukwihangana ahitamo kwiyahura.

Uyu munyeshuri w’imyaka 17 y’amavuko ,mbere gato yuko yiyahura yabanje kwandikira urupapuro nyina umubyara amuhishurira ko we ari ntacyo yakoze kandi atakwigera afata ku ngufu uko byagenda kose  ,nyuma aza kubona kwiyahurira mu ishuri yigagamo. .

Nyuma yo gusanga yari yabeshyewe bikamuviramo kwiyahura ,ku mbuga nkoranyamabag batangiye gusaba ko uyu mwana yabonerwa ubutabera ,ababigizemo uruhare bagakurikiranwa.

Bafana Sithole yiyahuye nyuma yo kubeshyerwa ko yafashe ku ngufu
Bafana Sithole yiyahuye nyuma yo kubeshyerwa ko yafashe ku ngufu

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mikino y’igikombe cy’isi Ubwongereza bwahaye isomo rya ruhago Irani

Huye: umusore wendaga kurongora bamusanze yitabye Imana