in

Umunyeshuri w’umuhanga mu gutera akabariro yateye inda abarimu batatu na kimwe cya kabiri cy’abanyeshuri bagenzi be

Abagore babiri batarashaka bigishaga muri kaminuza ndetse n’umwe wari usanzwe afite umugabo batewe inda n’umunyeshuri, bo bise umuhanga mu birebana n’ibyishimo byo mu buriri kuburyo ngo uretse kuba yarabateye inda barikugenda bamwirahira.

Ni inkuru yabiciye biracika mu gihugu cya Ghana , aho umwe mu barimu batewe inda n’uyu munyeshuri akuriwe kuburyo inda igeze ku mezi atandatu ,yavuze ko uyu musore adasanzwe mu buriri.

Bivugwa ko ngo uyu munyeshuri ,abarimu be bifuje kuryamana nawe ,nyuma yaho abanyeshuri bagenzi be babakobwa bakomeje gukwiza inkuru mu kigo bavuga ko mu gitanda ari uwa mbere ndetse ari umuhungu w’ inzozi za buri mukobwa wese.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Amafaranga
Amafaranga
1 year ago

Ko Uwo munyeshuri w’umuhanga mutamutweretse

Padiri Francis yapfiriye mu mpanuka ikomeye y’imodoka

Amakuru mashya; Papa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye