in

Umunyeshuri witeguraga kurangiza amashuri y’isumbuye yiyahuye

Umunyeshuri  wo  mu gihugu cya Nigeria mu majyaruguru y’umujyi wa Orumba,wigaga mu ishuri rya Federal Polytechnic yiyahuye nyuma yaho umukobwa bakundanaga amusabye ko ibyabo byashyirwaho akadomo akishakira undi bakundana.

Ikinyamakuru Daily Trust kivuga ko uyu musore yiyahuye kuwa gatanu w’icyumweru dusoje tariki 18 Ugushyingo 2022,nyuma yaho umukobwa yari yarihebeye amusabye kuba yashaka undi bajyana mu rukundo .

Iyke Orji , wiganaga na nyakwigendera yavuze ko yari umusore w’umuhanga kandi w’umunyamurava.

ifoto y’umunyeshuri wiyahuye

 

Yiyahuye nyuma yo kubwirwa n'umukobwa yakundaga ko atagishaka iby'urukundo rwabo
Yiyahuye nyuma yo kubwirwa n’umukobwa yakundaga ko atagishaka iby’urukundo rwabo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Police yahagaritse imodoka itwara abagenzi, umwe muri bo ariruka abandi 3 batabwa muri yombi

Amakuru mabi ku ntanga z’abantu b’igitsinagabo