imikino
Umwana w’imyaka 8 y’amavuko yaciye agahigo kananiye Neymar na Messi.

Umwana w’umuhungu w’imyaka 8 y’amavuko gusa yamaze kuba umwana muto cyane ugiranye amasezerano n’uruganda rwa Nike ,ibintu byatunguye aca kuri Messi na Neymar.
Kauan Basile ni umuhungu w’imyaka umunani gusa ,ariko akomeje gutangarirwa n’abatari bake hirya no hino ku isi nyuma yo kugaragara nk’umunyempano ukiri muto uciye agahigo ko kwamamariza Nike.Bityo akaba yamaze gushyiraho amateka mashya, arenga ku ya Neymar na Messi. Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Berezile, Ole,cyabitangaje ngo Kauan Basile yasinye amasezerano na Nike kandi afite imyaka umunani, abaye umukinnyi ukiri muto wabikoze.

Umwana waciye agahigo akarusha Messi na Neymar jr
Messi mbere yabikoze afite imyaka 15, Neymar afite imyaka 13 naho Rodrygo wa Real Madrid, wari ufite amateka kugeza vuba aha, yabikoze afite imyaka 11 y’amavuko gusa.
Kauan Basile: el niño que superó a Messi y a Neymar 😱https://t.co/SRoxcmsAEO
— Diario Olé (@DiarioOle) January 26, 2021
-
Inkuru rusange17 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima18 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru16 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho9 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru14 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro4 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.