in

Tanasha yasubije abamwibasiye ko Diamond Platnumz yamusebeje ntamusome mu ruhame.

Umuhanzikazi Tanasha Donna yasubije ku mashusho amwerekana ubwo yari mu gitaramo cyabereye muri Tanzania asa nk’ugiye gusomwa na Diamond Platnumz agahita amwikura bakamuha inkwenene.

Tanasha na Diamond baherutse guhurira kuri stage ubwo icyamamare cya Bongo, Diamond Platnumz yasaga nk’aho yirengagije gusomana na tanasha Donna.

Mu mashusho yagiye ahagaragara yerekana muri ako kanya uko byagenze, nyuma buriwese yari afite igitekerezo cy’ukuri kubyabaye.

Uyu muhanzikazi yaje kwitabira kureba ayo amashusho nyuma y’uko umufana kuri instagram amwibukije ibyabaye kuri icyo gihe, ariko nkuko bigaragara, Tanasha wamamaye mu ndirimbo Jeje yakoranye na Diamond ntabwo yanga icyo abantu batekereza kandi ashaka ko “bishimisha” bashyiraho ibitekerezo byabo.Tanasha yasubije ati:”nyine byagenze uko nyine mwabibonye”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Cyiza ayubu
Cyiza ayubu
3 years ago

Ntago ari jeje ni Gere

Umwana w’imyaka 8 y’amavuko yaciye agahigo kananiye Neymar na Messi.

Miss Naomie noneho areruye|Icyo bapfuye kirakomeye|Yarananutse bidasanzwe (VIDEO)