in

Umunyamukuru wa RBA yambitswe impeta n’umukunzi we(AMAFOTO)

Tumusiime Juliet ukora kuri Televiziyo Rwanda yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we usanzwe ari umunyamakuru bamaze igihe kitari gito bakundana ariko urukundo rwabo bakaba bararugize ibanga mu buryo bukomeye dore ko abantu bari bazi ko bakundana ari mbarwa.

 

Tumusiime Juliet ukora kuri Televiziyo Rwanda yambitswe impeta n’umukunzi we John Muhereza mu birori bibereye ijisho byabaye ku cyumweru tariki 06/12/2020 nk’uko amafoto agaragaraga kuruhuga rwa instagram y’uyu munyamakuru abigaragaza.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyiza n’ingaruka mbi kurya urusenda bigira ku buzima bw’umuntu.

Aubameyang yaciwe $10,000 kubera gusakaza amafoto y’abakinnyi ba Gabon baraye hasi