in

Udukoryo n’utuntu dusekeje twaranze abanyarwanda ubwo bishimiraga insinzi y’amavubi

Mu ijoro ryakeye abasore b’ikipe y’igihugu Amavubi baraye bagukanye itike yo gukina 1/4 cy’irushanwa rya CHAN riri kubera muri Cameroon. Ibi bikaba byashimishije abanyarwanda aho bari bari hose mu gihugu ku buryo bahise barenga ku mategeko ya guma mu rugo bakajya mu muhanda kwishimira insinzi.

 

Muri uko kwishima (haba ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu mihanda ya Kigali), abanyarwanda bakaba baranze n’udukoryo ndetse n’utuntu dusekeje twinshi aritwo twabakusanyirije hano kuri Yegob.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukobwa, niba wasohokanye n’umusore mukundana irinde aya makosa kuko ushobora kuhata ibaba.

Umunyamakuru ukomeye na we yagabiye inka #Sugira Ernest nyuma y’intsinzi y’Amavubi