imikino
Udukoryo n’utuntu dusekeje twaranze abanyarwanda ubwo bishimiraga insinzi y’amavubi

Mu ijoro ryakeye abasore b’ikipe y’igihugu Amavubi baraye bagukanye itike yo gukina 1/4 cy’irushanwa rya CHAN riri kubera muri Cameroon. Ibi bikaba byashimishije abanyarwanda aho bari bari hose mu gihugu ku buryo bahise barenga ku mategeko ya guma mu rugo bakajya mu muhanda kwishimira insinzi.
Muri uko kwishima (haba ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu mihanda ya Kigali), abanyarwanda bakaba baranze n’udukoryo ndetse n’utuntu dusekeje twinshi aritwo twabakusanyirije hano kuri Yegob.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro4 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
inyigisho5 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.