imikino
Umunyamakuru ukomeye na we yagabiye inka #Sugira Ernest nyuma y’intsinzi y’Amavubi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Mutarama nibwo habaye umukino wahuje ikipe y’igihugu y’U Rwanda, Amavubi, n’ikipe ya Togo. Ni umukino warangiye ikipe y’U Rwanda itsinze iya Togo ibitego 3 kuri 2. Igitego cy’intsinzi cyatumye Amavubi akomeza muri 1/4 cy’irangiza mu mikino ya CHAN 2020 cyatsinzwe na rutahizamu Sugira Ernest wagiye mu kibuga asimbuye Nshuti Savio.Nyuma y’uyu mukino benshi bakomeje kugaragariza amarangamutima akomeye Sugira Ernest, nk’uko twagiye tubibagezaho mu nkuru zabanje.Gusa kuri ubu umunyamakuru ufana cyane Amavubi witwa Edmund Kagire yatangaje ko yemereye Ernest inka ndetse ngo naramuka agarutse mu Rwanda avuye muri Cameroun azajye kuyitwara.Ibi uyu mufana yabinyujije kuri Twitter aho yagize ati”Sugira nguhaye Inka.Nuza tuzavugane .Ndasaze We!
-
Inkuru rusange17 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima19 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru17 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho9 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru14 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro4 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.