in ,

Reba uburyo ibyamamare bikomeye muri ruhago barimo kwizihiza umwaka mushya wa 2021 n’imiryango yabo (AMAFOTO)

Abakinnyi ba siporo baturutse hirya no hino ku isi bagiye bifuriza abantu bose umwaka mushya muhire wa 2021 ubwo basezeragaho 2020.Ibi byamamare muri ruhago bagiye basangiza ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto meza bishimanye n’imiryango yabo aho bari mu rugo ,dore ko icyorezo cya koronavirusi kitatumye hari abakorera ibirori ahandi hatari mu rugo.Rutahizamu wa Juventus Cristiano Ronaldo yagaragaye amwenyura ari kumwe n’umukunzi we, Georgina Rodriguez hamwe n’abana babo ndetse n’abandi bakinnyi bari mu byishimo mu miryango yabo.

Luis Suarez
Captain wa Liverpool Jordan Henderson
Cristiano Ronaldo n’umuryango we
Jesse Limpard
Nemanja Matic wa Manchester United n’umuryango we
James Rodriguez

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ubutumwa bw’urukundo wakoherereza uwo ukunda akaryoherwa.

Ifoto iteye ubwuzu ya HE Paul Kagame ateruye umwuzukuru we muri 2021.