imikino
Dore ibihembo bidasanzwe bitegereje Pep Guardiola naramuka abashije kwegukana igikombe cya Champions League muri Man City

Pep Guardiola ni umwe mu batoza bafite ibigwi byinshi mu mateka y’umupira w’amagura! Uyu mutoza rero nkuko mubizi akaba yarerekeje mu ikipe ya Manchester City mu rwego rwo kujya kuyifasha kuba yarushaho gutera imbe ndetse no kuyifasha kwegukana bimwe mu bikombe itarabasha gutwara nk’igikombe cya Champions League.
Nkuko ikinyamakuru daily star kibitangaza ngo Pep Guardiola yizejwe ibihembo bidasanzwe naramuka abashije kwegukana igikombe cya Champions League saison itaha.
Ikipe ya Man City rero ngo ikaba yaremeye Guardiola akayabo ka miliyoni 3 z’amapounds naramuka abahesheje icyo igikombe. Izo miliyoni 3 zikaba zaba ziyongera kuri miliyoni 15 z’amayero uyu mugabo yemerewe kujya ahembwa buri mwaka.
-
Imyidagaduro21 hours ago
ShaddyBoo yisize amabara nyuma yo kubona ubukaka bw’abakinnyi b’Amavubi| intego ni ukubagwa inyuma
-
imikino12 hours ago
Amadolari Sadate yemereye abakinnyi b’Amavubi ararokotse| Dore ibyo Sadate ahise atangaza
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupolisikazi yerekanye uburanga bwe abagabo bifuza gufungirwa aho akorera(AMAFOTO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Umubyinnyi ukomeye mu itorero Urukerereza yasezeranye kubana akaramata n’umugabo we (AMAFOTO)
-
Hanze20 hours ago
Diamond Platnumz ashobora kwamburwa byinshi atunze harimo n’amazina ye.
-
Izindi nkuru16 hours ago
Umugabo yapfuye ubwo yateraga akabariro n’umugore bakundanaga.
-
Hanze3 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
inyigisho14 hours ago
Amakosa ashobora gutuma umukobwa asezera ku rukundo igitaraganya