imikino
Pep Guardiola arifuza ibintu bidashoboka kugirango abashe gutwara igikombe cya Championat

Pep Guardiola utoza ikipe ya Manchester City kuri ubu iyoboye urutonde rwa Championat mu bwongereza yatanagje ikintu yifuza kugirango abe yakwize kuzatwara igikombe gusa ariko ntigishoboka.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Pep Guardiola akaba yatangajeko kugirango yizere ko azatwara igikombe cya championat ya  Premier league byasaba ko aba afite ba Fernandinho batatu.
Mu magambo ye Pep yagize ati : “Fernandinho yakora ibintu byose. Ibyo twagezeho ntibyari gushoboka iyo tutamugira. Arihuta, ni umuhanga, azi gukina neza ku mitwe ndetse yanakina ku myanya myinshi. Iyo tuza kuba dufite ba Fernandinho batatu ntakabuza twari kuzatwara igikombe. Ubu rero dufite umwe gusa kandi ni ingirakamaro bikomeye”
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima19 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho17 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana