Imyidagaduro
Muri iki cyumweru Snipers Dance Crew yashyize hanze umunsi w’igitaramo cyabo ndetse n’ibizaberamo byatunguye abakunzi babo : AMAFOTO

Ubushize twabagejejeho aho aba basore bamaze  kwiteza Imbere bakoresheje impano yabo yo kubyina ari bo SNIPERS DANCE CREW nyuma y’igihe kitari gito abakunzi babo ba basaba igitaramo muri iki cyumweru dutagiye nibwo bashyize hanze umunsi w’igitaramo ndetse n’ibizaberamo , ibi bikaba byashimishije abakunzi biri tsinda dore bafite imbaga nyamwinshi ibari inyuma itegereje kureba uburyo aba basore bazitwara kuri uru rubyiniriro barimo barategura nubwo hari byinshi bataratagariza itagazamakuru  ibinjyanye n’iki gitaramo
Iki gitaramo kizabera kuri hotel yitwa HILL TOP HOTEL ibarizwa iremera ku itariki ya 05 z’ukwezi kwa munani muri uyu mwaka wa 2016 kikazatagira ku isaha y’Isaa cyenda z’amankwa ndetse ntibarashyiraho isaha kizaragiriraho bizaterwa nuko abazaba bitabiriye bazabyifuza.
Ibi byakiriwe n’abanyarwanda batari bake ndetse baranabyishimira dore ko bari bakunze kubabona mu mashusho y’indirim,bo zikunzwe mu Rwanda ubu bakaba bagiye kubibonera amaso k’umaso . Iki gitaramo kiri muri bimwe mu bitaramo biteguye igihe kirekire dore ko bakiteguye kuva uyu mwaka watagira ibi tukaba twabitagarinjwe n’umukuri w’iri tsinda
DORE ABAZATARAMIRA ABAZA BAJE MURI IKI GITARAMO
Abahanzi bazataramira abazaba baje muri iki gitaramo ni aba bakurikira
TBB
UMUTARE GABY
GABIRO GUITAR
FRED WAYNE
BABOU TIGHT KING
NICKITA HEAVEN
JULES SENTORE
Hamwe n’abanyamideli bazwi ku izina rya TON FASHION
Muzahabonera indirimbo n’ibyino zitandukanye kandi mudakunda kubona ndetse muzatuingurwa n’abatumirwa bavuye hanze y’igihugu nka CONGO ,U BURUNDI , UGANDA ndetse n’abanyarwanda baba hanze bazaba bitabiriye iki gikorwa
INDIRIMBO Y’UMWE MU BAGIZE IRI TSINDA IMAZE GUCA IBINTUÂ
https://www.youtube.com/watch?v=U0C2iPa6gks
           AMAFOTO YO GUTEGURA IKI GIKORWAÂ
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro16 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo24 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi21 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru6 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Uko angana ni ko arya! Reka tugutembereze ku meza y’ibiba byateguwe iyo The Rock agiye kurya-AMAFOTO