in ,

Barack Obama n’umugore we bagaragaye barya ubuzima ku mazi mu mafoto meza cyane.

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika n’umugore we Michelle Obama bashimishije abafana babo nyuma yo gusangiza isi yose amafoto anogeye ijisho ubwo bari mu biruhuko ku mazi bishimisha.

Barack na Michelle Obama bafotowe bari mu biruhuko muri Hawaii, aho bafotowe ku wa kabiri bari ku mazi barya ubuzima nkuko benshi bakunze kubivuga. Aba bombi bafotowe mu mazi ahitwa Kailua Bay, aho bakomeje kugirira ibihe byiza muri iki gihe cy’iminsi mikuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo y’urukundo aryohereye umusore/umugabo ahora yifuza kumva mu matwi ye.

Urukundo ruragurumana hagati Jay Polly n’inkumi y’ikizungerezi (AMAFOTO)