in

Umukinnyi Mohamed Salah yikomye bikomeye ikoranabuhanga rya VAR.

LONDON, ENGLAND - JANUARY 31:(THE SUN OUT,THE SUN ON SUNDAY OUT)Mohamed Salah of Liverpoolscores the second goal making the score 2-0 during the Premier League match between West Ham United and Liverpool at London Stadium on January 31, 2021 in London, England. Sporting stadiums around the UK remain under strict restrictions due to the Coronavirus Pandemic as Government social distancing laws prohibit fans inside venues resulting in games being played behind closed doors. (Photo by John Powell/Liverpool FC via Getty Images)

Umukinnyi Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool, yifatiye ku gahanga ikoranabuhanga rya VAR rikoreshwa mu mukino avuga ko atarishyigikiye habe na gato bitewe n’uko ribishya umupira w’amaguru.

Uyu mukinnyi ukomoka mu Misiri muri Afrika yavuze ko VAR “yica umukino” kandi inabuza ishyirwa mu bikorwa rya serivisi mu marushanwa atandukanye ya siporo. Salah yabwiye Sky Sports ati: “Nabivuze mbere, ntabwo nkunda VAR, kuva shampiyona yatangira, cyangwa na mbere yaho, ni igitekerezo cyanjye, VAR yica umukino gusa, umunezero w’umupira w’amaguru nayo ntukigaragara”.

Akomeza ahamya ko n’ubwo abizi ko ashobora guhanwa kubera kwinubira iri koranabuhanga ariko atabura kubivuga kuko bimurimo. Yagize ati: “Sinshaka kubyinubira, kubera ko ntashaka gucibwa amande, ariko igitekerezo cyanjye kuri VAR, sinyikunda, simbikunda ibyo ikora.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ShaddyBoo ati “Abakinnyi tuzabahemba urukundo ku gitanda”

Urukundo rwo mu gitanda ShaddyBoo yemereye abakinnyi rwabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga.