in

Urukundo rwo mu gitanda ShaddyBoo yemereye abakinnyi rwabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga.

ShaddyBoo yakomeje kwemeza ko nubwo ikipe y’igihugu AMAVUBI itatwaye igikombe cya CHAN 2020   ngo atange ibihembo yari yiyemeje ariko ko aba bakinnyi batapfa kuviramwaho ,ndetse ko bashobora guhabwa urukundo rwo mu gitanda.Nyuma y’aya magambo benshi mu bakurikira ShaddyBoo kuri Twitter batangiye kumugira igitaramo bamugarukaho cyane.

ShaddyBoo yanditse kuri Twitter ko abemereye ibihembo AMAVUBI batangira kubitanga maze yongeraho ko we atazatanga amafaranga, ahubwo hari ikindi azatanga:

Yagize ati:Abantu bemereye ikipe ,amafaranga bayohereze ,njye nubwo batageze aho nifuzaga nzakora aka geste, niyo ataba amafaranga, ariko ibizashoboka byose nzabikora,murakoze cyane”

 

Abakurikira ShaddyBoo bahise batangira kumutaramiraho bati “ibyo uzatanga turabizi”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi Mohamed Salah yikomye bikomeye ikoranabuhanga rya VAR.

Nyuma yo kuva kuri Afrimax ,BaC-T yakoreye igikorwa cy’indashyikirwa umuhanzikazi Gaga.