in

Umugabo akomeje guca ibintu kubera kwambara imyambaro y’abagore(AMAFOTO)

Umugabo w’umunyamerika ariko utuye mu Budage akomeje gutangarirwa n’abatari bake kubera uburyo akomeje kwiyambika nk’abagore.

Mark Bryan w’imyaka 61 y’amavuko avuga ko akunda kwiyambarira inkweto ndende ,amajipo nindi myenda y’abagore ngo kuko abona ntacyo imutwaye.

Mark akaba kuri ubu akomeza gusangiza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye yambaye nkabagore.Ahamya ko atazongera kwambara imyambaro y’abagabo ngo kuko asanga aberwa n’amajipo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Izi ni zimwe mu mpamvu zituma abasore benshi badashyingiranwa n’umukobwa bakundanye igihe kirekire.

Ibimenyetso utari uzi umukobwa agaragaza iyo barimo kumutereta n’icyo bisobanuye.