in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Tidjara Kabendera afashwe n’ikiniga kubera amagambo umuhungu we amubwiye|bafitanye abanga menshi😢

Tidjara kabendera wahoze ari umunyamakuru kuri RBA ni umwe mu banyamakuru bakundwa cyane ndetse bakaba bakurikirwa n’abatari bake. Kuri iyi nshuro umuhumgu we w’imfura yatumye afatwa n’amarangamutima akomeye, ndetse aranarira.

TK n’umuhungu we ubwo bari mu kiganiro na ISIMBI TV bagaragaje ko bafitanye amabanga,aho usanga bose buzuzanya,ndetse bagaharanira gukora Icyateza imbere umuryango wabo.Ubwo bari mu kiganiro hagati uyu musore yabwiye umubyeyi we ko ntacyo adakora ngo bishime,ndetse avuga ko igihe cyose ahora avunika cyane kugirango babeho neza.Aya magambo yatumye Tidjara afatwa n’amarangamutima ndetse ararira.Avuga ko bigoye kwiyumvisha uburyo umwana wamurera agakura ndetse akaba yanagushimira ibyiza wamukoreye.Yakomeje avuga ko yareze abana be abaha urukundo rwa kibyeyi , aharanira ikibashimisha aho kubashyira mu buzima buhenze ,cyangwa ngo abagire ibikange.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama sava yahishuye ko akunda abagabo anaserereza cyane Digidigi bakinana muri Papa Sava.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi yamaze kwibikaho ubwato bw’agatangaza.