in

Umuhanzikazi Sheebah Karungi yamaze kwibikaho ubwato bw’agatangaza.

Umuhanzikazi Sheebah karungi ukomoka muri Uganda biravugwa ko yamaze kugura ubwato buhenze cyane azajya akoresha mu kurya iraha.

Nk’uko ikinyamakuru Blizz.co.ug cyabyanditse, kivuga ko amakuru cyahawe n’umuntu wizewe yatangaje ko Sheebah yaguze ubwato bwe bwite ,azajya akoresha mu mirimo itandukanye harimo harimo no kurya iraha.Ikikinyamakuru kandi kikaba kivuga ko ubu bwato bwaguzwe kuri uyu wa 11 Werurwe 2021 bukaba buri ahitwa Munyonyo hafi y’inkengero z’ikiyaga cya Victoria.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tidjara Kabendera afashwe n’ikiniga kubera amagambo umuhungu we amubwiye|bafitanye abanga menshi😢

Bimwe mu bintu bitangaje utari uzi ku bashaolin monks|Imyitozo bakora iteye ubwoba.