in

Mama sava yahishuye ko akunda abagabo anaserereza cyane Digidigi bakinana muri Papa Sava.

Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava ,muri filime y’uruhererekane yitwa”Papa sava”  yavuze ko akunda abagabo ndetse aserereza Digidigi bakinana, avuga uburyo akunda gutereta abakobwa iyo bari muri filime kandi afite umugore.

Hari mu kiganiro bagiranye na ISIMBI TV aho bari batumiwe, maze mama sava abajijwe umukunzi we avuga ko akunda abagabo,yanyuma yaje guhabwa ijambo ngo agire icyo abaza Digidigi nibwo yamuvuzeho ko atereta cyane .Ku ruhande rwa Digidigi yavuze ko hari igihe yabwiraga abakobwa ko yabakundaga ku munsi wabo w’ubukwe.Ati “hari nongoreraga umukobwa mu gihe cyo kumuha impano nkamubwira ngo nubwo bagutwaye naragukundaga”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mukobwa w’uburanga yivuganye umukunzi we wanze kumuha amafaranga yo kwibagisha amabere.

Tidjara Kabendera afashwe n’ikiniga kubera amagambo umuhungu we amubwiye|bafitanye abanga menshi😢