in

Rihanna, Taylor Swift na Beyonce bagaragaye ku rutonde rw’abagore 100 bakomeye cyane ku isi.

Abahanzikazi banditse izina muri Amerika,Rihanna, Taylor Swit na Beyonze bashyizwe ku rutonde rurerure rw’abagore 100 bakomeye cyane kuri iyi Si ya Rurema.

Beyonce nawe ari mubagore baviga rikumvikana ku isi.

Ni urutonde rurerure rwakoze na Forbes Magazine kuri uyu wa gatatu ,aho ibi byamamare byagaragaye mu bafite izina rikomeye cyane Ku isi.

Kanda hano hasi urebe urwo rutonde rwose:

https://www.forbes.com/power-women/#4fa455645e25

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore inama zafasha abakundana guhorana ibyishimo mu rukundo

Slay Queen yahuye n’akaga ubwo yashakaga kwifata amafoto agaragaza imitererere y’umubiri we.