in

Slay Queen yahuye n’akaga ubwo yashakaga kwifata amafoto agaragaza imitererere y’umubiri we.

Umukobwa w’ikizungerezi ukunze kwifotoza amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we (Slay Queen)yahuye n’akaga ubwo yajyaga kwifotoreza mu ishyamba akaribwa n’intozi.

Uyu mu slay Queen yagaragaye aribwa nintozi

Uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cya Kenya utunzwe no gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto ashotora abagabo ,yahuye n’uruva gusenya ubwo yari agiye mu gashyamba kwifata amafoto agahagarara mu kiguri cy’intozi zikamurya kakahava.

Ni nyuma y’amashusho yagaragaye uyu mukobwa ari gutabaza cyane kubera intozi yahagazemo agiye kwifotoza zikamwuzuraho hanyuma zikamurya kakahava.

Ubwo uyu mukobwa yari amaze gukuramo imyenda ari kwitunganya ngo gafotozi akore akazi,yatunguwe n’intozi nyinshi zamutondagiye ziramurya kugeza ubwo kwihangana byamunaniye atangira kuvuza induru no kwiruka yikuraho izi ntozi yari yahagazemo zikamurya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna, Taylor Swift na Beyonce bagaragaye ku rutonde rw’abagore 100 bakomeye cyane ku isi.

Umwana w’imyaka 12 yabaye icyamamare mu gihugu cyose kubera imiterere ye idasanzwe imeze nk’iyi nguge (AMAFOTO)