in

Nkore iki? Mama umbyara mubikiye ibanga rikomeye ku buryo ndibwiye Papa atashobora no kubyihanganira kandi nange mfite ubwoba ko bizangira ho ingaruka 

sad woman sitting alone

Nkore iki? Mama umbyara mubikiye ibanga rikomeye ku buryo ndibwiye Papa atashobora no kubyihanganira kandi nange mfite ubwoba ko bizangira ho ingaruka

Umwana w’umukobwa yagishije Inama avuga ko yamenye ko nyina atwite inda itari iye ndetse nawe afite ubwoba ko atabyawe n’uwo yita se.

Yanditse agira ati:”Mwaramutse . ndi umwana wumukobwa w’imyaka 17 navutse ndi umwe, nkura ndi umwe ariko ubu ababyeyi banjye bombi bari mu byishimo bidasanzwe kuko mama atwite inda Y’amezi 7. Mbere murugo hahoraga amakimbirane yuko bashaje batabyaye umuhungu, none ubu mama na papa babanye neza kubera yu mwana. Gusa ejobundi mperutse kumva mama avugira kuri phone abwira umuntu ntazi ngo ntashobora kwisenyera abwira papa ko umwana atwite atari we, ngo ibyabaye byarabaye kandi nta muntu ugomba kubimenya. Ndaremerewe cyane kuburyo ntazi niba nkwiye kubibwira papa cyangwa kubiceceka. Natangive no kugira impungenge ko nanjye mama yambyaye hanze. Kwiga sinkibishobora nicara mu ishuri bikaba aribyo binza mu mutwe. Mungire inama yicyo nakora.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
J kaboss
J kaboss
9 months ago

Niba wabonye undi miterankunga uzabivuge😂😂😂😂

Yvonne
Yvonne
9 months ago

Urabishakaho iki se?byihorere witurize naba atari do uzamukunde nka so kdi rwose ntukumvirize

Higiro
Higiro
9 months ago

Ubwo urahaze

Abdulhamid
Abdulhamid
9 months ago

Ibyo se birakureba tuza eige ahubwo ibangurimire ubwo uwo utunze maman wawe ntabyara kandi ntiyakwisenyera ,nawe kandi bikuvemo

APR FC yamenyesheje abakunzi bayo igihe iratangaza kumugaragaro abakinnyi bagomba gusezererwa

Ari kurya aye yiturije! Nyampinga Umwiza Phiona yagiriye ibihe byiza muri hoteli ya Château Le Marara ikomeye hano mu Rwanda – AMAFOTO