Ikigaragaza urukundo rudafatika ni uko uyu munsi ruba rushyushye ariko umunsi ukurikiyeho ugasanga byahinduye isura ndetse rusa n’uratarigeze kubaho. Urukundo rudafatika kandi ni rwarundi rutabasha kwihanganira...
Tubona biba igihe cyose,na ba bandi bakomeye cyane ndetse biyizera ku rwego rwo hejuru akenshi hari ubwo bisanga byababayeho urukundo rwabo rukaba amateka. Nibyo biba no...
Mbere yo gushyingiranwa n’ umukunzi wawe uzamubaze ibi bibazo uzamenya ubumuntu bwe bigufashe kumumenya uwo mugoye kubana akaramata. Ibi bibazo 9 byagufasha kumenya uko umukunzi we...
Kuba mwiza ni ibintu biharanirwa na buri wese,gusa biba akarusho ku bagore,aho usanga bakora ibishoboka byose ngo babe beza. Hano twaguteguriye amabanga 6 yafasha umukobwa/umugore kwongera...
Umwuka uri mu rugo ni ikintu kigomba kwitabwaho nk’ibindi byose byangombwa mu rugo. Buri wese mu bashakanye agomba gukora ibishoboka ngo habe hari umwuka mwiza. Dore...
Ibikorwa bishobora kwangiza umubano w’abashakanye Ibitera umugore washatse agahinda gakomeye mu mibereho ye. Ibintu bishobora gutuma umugore akuzinukwa agatangira kuguca inyuma Ibi ni ibintu umugabo wese...
Urubuga enfant.com ruratubwira ko n’ubwo kunguka umwana ari ibyishimo mu muryango ariko hari na bimwe bihinduka ibibazo : – Inshingano ziyongereye ku bashakanye – Amasaha y’umubyeyi...
Hari ubwo usanga umukobwa n’umuhungu bakundana ndetse bamaranye igihe kinini mu rukundo, maze umukobwa yabona umusore bakundana nta gahunda y’ubukwe amubwira ya vuba kandi we akeneye...
Mu muco w’i Rwanda n’ahandi henshi ku Isi usanga umusore ari we ufite inshingano zo kubwira umukobwa ko yamukunze bityo n’umukobwa akicyiriza yemera ko bakundana. Henshi...
Mu gihe uri umusore cyangwa se inkumi gusa ukabona imyambarire y’umukunzi wawe itakunyura,singombwa guhita ubimubwira, kuko akenshi bishobora kidatuma ahinduka ahubwo bikaba byabateranya.Muri iyi nkuru turareba...
Urubuga Elcrema rutangaza ko hari ibintu bishobora kukwereka ko uri mu rukundo rw’agahararo(ruhutiyeho) cyangwa urw’ukuri nk’uko tugiye kubireba muri iyi nkuru. 1.Mu rukundo nyarwo,habaho kuganira no...
Ibimenyetso byerekana ko umukobwa uri kurambagiza yaba yarakoze uburaya akaburambirwa akaza kwishakira umugabo ariko butaramushiramo, hari ikibazo cyo kuba yakujijisha bitewe n’ubwiza bwe cyangwa imico ari...
Gukunda no gukundwa biba byiza ariko cyane cyane iyo hari icyo ubona bikumariye kuba mu rukundo. Mu gihe ufite uwo ukunda rero ntugomba kugereka akaguru ku...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.