in

Ari kurya aye yiturije! Nyampinga Umwiza Phiona yagiriye ibihe byiza muri hoteli ya Château Le Marara ikomeye hano mu Rwanda – AMAFOTO

Umwiza Phiona wegukanye ikamba ry’Igisonga cya mbere muri Miss Rwanda 2020, yagaragaye yasokeye muri hoteli ya Château Le Marara iri mu z’ihagazeho hano mu Rwand.

Iyi hoteli ya Château Le Marara iri mu karere ka Karongi, ni nayo yafatiwemo amashusho y’indirimbo Fou de toi ya Element, Ross Kana ndetse na Bruce Melodie.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nkore iki? Mama umbyara mubikiye ibanga rikomeye ku buryo ndibwiye Papa atashobora no kubyihanganira kandi nange mfite ubwoba ko bizangira ho ingaruka 

“Urakagore waba uri kabi” Umunyarwenya Ravanelly yatwengeje abamukurikirana nyuma yo kwifotoza mu buryo bugezwe ho yambaye ibitenge