Ku munsi w’ejo ubwo ikipe ya Fc Barcelone yanyagira ikipe ya Celtic ibitego 7 byose ku busa, umukinnyi Neymr yarigaragaje ku buryo budasubirwaho aho yabashije gukora ibintu bitari byarigeze bikorwa n’undi mukinnyi numwe mu mateka ya Champions League.

Neymar rero ku munsi w’ejo akaba yaragize urahare rukomeye mu nsinzi ya Fc Barcelone aho yabashije gutanga imipira ivamo igitego (passes décisives) zigera kuri enye zose, ibi rero bikaba byari byarakozwe na Zlatan Ibrahimovic wenyine mu mwaka wa 2012 gusa ariko Neymar we yongeyeho no gutsinda igitego, ibyo rero ntawundi mukinnyi wigeze basha kuba yabikora mu mateka ya Champions League.
https://twitter.com/messi10stats/status/775834971147792384?ref_src=twsrc%5Etfw
https://www.youtube.com/watch?v=aFU1dSdq_yE