in

Fc Barcelone yiteguye gutanga Griezmann ikarenzaho amafaranga kuri Neymar

Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Bayern Munich akayabo k’ibitego 8 kuri 2, Fc Barcelone iri kugerageza kwibuka mu buryo bwose bushoboka akaba ari muri urwo rwego iyi kipe iri gushaka uko yagarura Neymar ngo abe yayibera umucunguzi.

Nkuko amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Espagne abitangaza, Fc Barcelone yiteguye gutanga umukinnyi Antoine Griezmann ndetse ikarenzaho na Miliyoni zigera kuri 60 z’amayero ngo irebeko yahenahenda PSG ngo ibe yabasubiza Neymar.

Gusa ibi bikaba bitazayorohere nabusa kuko umuyobozi wa PSG ari we Nasser Al-Khelaifi, aherutse gutangaza ko ntakintu nakimwe gishobora gutuma PSG igurisha Neymar cyangwa Kylian Mbappe.

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yahuye n’ububabare budasanzwe nyuma y’aho udusabo tw’intanga twe dufashwe mu ntebe.

Uburyo ShaddyBoo na Carbi B bashobora kwinjiza amafaranga atagira ingano ku kwezi