in ,

Ibyo Cristiano Ronaldo yanyuzemo biteye ishavu n’agahinda

cristiano-ronaldo-mugahinda-kamateka-mabi-yagize

Umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronaldo mbere yuko asubira iwabo kuri uyu mugoroba yaraye aganiriye n’ikinyamakuru cyo muri espagne bamubaza ku buzima bwe bw’ahahise aho yatangaje ibintu byinshi abantu benshi bamutegaga amatwi bafashwe n’ikiniga bararira kubera ko amateka y’uyu musore adashimishije habe na gato.

Muri iyi nkuru tukaba tugiye kubabwira ho gato ku kintu yavuze abantu benshi bakarira bitewe n’imvune uyu musore yahuye nazo mu bwana bwe,ndavuga mu myaka 16 ishize gusa.

Nyuma yo kwiruka inyuma ya za rukururana dore izo asigaye atwara
Nyuma yo kwiruka inyuma ya za rukururana dore izo asigaye atwara
Nyuma yo kwiruka inyuma ya za romoruki ngizo izo asigaye atwara
Nyuma yo kwiruka inyuma ya za romoruki ngizo izo asigaye atwara

Uyu musore agitangira gukina ruhago yahereye ku mafaranga 1000-1500 cy’amayero kandi ayo mafaranga uko yakabaye yose yayahaga nyina kugeza naho atatinyukaga gukuraho itike imutahana kuko yatahaga n’amaguru asiganwa n’imodoka za rukururana zigenda gake kugirango yongere umuvuduko we ndetse azamure n’igihaha cye bityo bizamufashe gukomera no kugira imbaraga zidasanzwe mu mikinire ye nkuko yakomeje kubigaragaza ubwo yatangiraga kwigaragariza ku mugabane w’uburayi mu ikipe ya Man utd.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akabaye icwende! Malia Obama yongeye gufotorerwa mu gikorwa kigayitse (amafoto)

Neymar yaraye akoze ibintu bitegeze bibaho ukundi mu mateka ya Champions League (video)