in ,

Mu gihe muri Islaeri intambara y’amasasu imeze nabi, ikindi gihugu k’ikigugu kibasiwe n’ibiheri byo mu buriri ku buryo no muri za gariyamoshi na bus byuzuyemo ndetse amashuri yafunzwe kubera ibiheri

Mu gihe muri Islaeri intambara y’amasasu imeze nabi, ikindi gihugu k’ikigugu kibasiwe n’ibiheri byo mu buriri ku buryo no muri za gariyamoshi byuzuyemo ndetse amashuri yafunzwe kubera ibiheri

Mu gihe ibyorezo n’intambara byugarije isi, mu gihugu cy’u Bufaransa hugarijwe n’icyorezo k’ibiheri byo mu buriri bikabije.

Kuri ubu ntabwo zikiri imperi zo mu buriri gusa kuko zageze no mu binyabiziga bitwara abantu nka za gariyamoshi na bus rusange.

 

Kuri ubu ibigo by’amashuri bigera ku 8 birafunzwe kubera ibiheri, ndetse ngo no mubiro bitandukanye uri kugeramo ukazisangamo.

Hatangajwe ko nyirabayaza w’ibi byose ari ubushyuhe bwinshi, dore ko kuri ubu igihugu cy’u Bufaransa kiri mu bihugu byambere bishyuha ku isi.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa Rayon Sports buri mu mayira abiri nyuma y’umukinnyi Al Hilal Benghazi iri kubasaba Kandi bayishinja gukoresha uwari umutoza wayo

11 umutoza Thierry Froger arabanza mu kibuga ubwo APR FC iraba ikina na Bugesera FC ubwoba ni bwinshi kubera icyo iyi kipe bagiye guhura imaze iminsi ikorera amakipe akomeye