in

Ubuyobozi bwa Rayon Sports buri mu mayira abiri nyuma y’umukinnyi Al Hilal Benghazi iri kubasaba Kandi bayishinja gukoresha uwari umutoza wayo

Rayon Sports iri mu mazi abira! Rutahizamu ukunzwe n’abafana ba Rayon Sports Al Hilal Benghazi imwe yakuyemo iyi kipe igiye kumutangaho amafaranga atigeze abona mu buzima bwe

Rutahizamu ukomeye abafana bakunda wa Rayon Sports agiye kwerekeza mu gihugu cya Libya muri Al Hilal Benghazi nyuma yo kwitwara neza cyane.

Mu minsi ishize nibwo ikipe ya Rayon Sports yakinnye na Al Hilal Benghazi mu mukino wa CAF Confederations Cup, birangira Rayon Sports ikuwemo ariko abakinnyi bayo barabengutswe cyane ndetse amakuru ahari ni uko Joachiam Ojera agiye kwerekeza yo.

Biravugwa ko Al Hilal Benghazi igiye gutanga million 70 z’amanyarwanda kuri Joachiam Ojera ndetse uyu mukinnyi akazajya ahabwa Milliyoni 4 buri kwezi z’amanyarwanda.

Uyu rutahizamu ngo ashobora kwerekeza muri iyi kipe mu kwezi kwa mbere, igikomeje kubera imbogamizi ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports ni ukurekura uyu musore wari umaze gukundwa n’abafana benshi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bacunze ikiro kigeze ku 2000 bahita biba ibyo guhunika iwabo! Abayobozi babiri b’ikigo cy’amashuri basahuye umuceri wa banyeshuri ubundi abanyeshuri basigara baterwa agashoka

Mu gihe muri Islaeri intambara y’amasasu imeze nabi, ikindi gihugu k’ikigugu kibasiwe n’ibiheri byo mu buriri ku buryo no muri za gariyamoshi na bus byuzuyemo ndetse amashuri yafunzwe kubera ibiheri