in

11 umutoza Thierry Froger arabanza mu kibuga ubwo APR FC iraba ikina na Bugesera FC ubwoba ni bwinshi kubera icyo iyi kipe bagiye guhura imaze iminsi ikorera amakipe akomeye

11 umutoza Thierry Froger arabanza mu kibuga ubwo APR FC iraba ikina na Bugesera FC ubwoba ni bwinshi kubera icyo iyi kipe bagiye guhura imaze iminsi ikorera amakipe akomeye

Kuri uyu wa kabiri, ikipe ya Bugesera FC imaze iminsi irimo kunyagira amakipe akomeye, igiye guhura na APR FC itarashira ihungabana ryo kunyagirwa ibitego 6-1 n’ikipe ya Pyramid FC.

Uyu mukino urahuza APR FC na Bugesera FC, ugiye kuba Nyamukandagira imaze iminsi itsinze Musanze FC iyoboye urutonde rwa Shampiyona uyu mwaka ibitego 2-1 bitoroshye. Bugesera FC iri mu ikipe ziteye ubwoba nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 4 ikiyongeza Gasogi United ku bitego 3-0.

Abakinnyi umutoza Thierry Froger arakoresha uyu munsi dushobora kutabona abakinnyi bamaze iminsi bafite ibibazo bitandukanye harimo Sharaf Eldin Shaiboub ukirwaye Malaria ndetse na Pitchou ugifite imvune.

Mu izamu: Pavel Ndzila

Ba myugariro: Bienvenue Bindjeme, Ombarenga Fitina, Ishimwe Christian, Niyigena Clement

Abo hagati: Taddeo Lwanga, Ruboneka Jean Bosco, Niyibizi Ramadhan

Ba rutahizamu: Mugisha Gilbert, Nshuti Innocent, Kwitonda Alain Bacca

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gihe muri Islaeri intambara y’amasasu imeze nabi, ikindi gihugu k’ikigugu kibasiwe n’ibiheri byo mu buriri ku buryo no muri za gariyamoshi na bus byuzuyemo ndetse amashuri yafunzwe kubera ibiheri

Mu gihe abo mu miduha ya Kigali bari kurya agafiriti saa sita na nijoro, hari abari kurira bavuga ko bazinutswe ibiraya atari uko babyanze ahubwo ari ibiciro bihanitse