in

Miss Muyango yagaragarije Kimenyi ko amufite ku mutima nyuma yo gusezererwa kw’amavubi

Nyuma yo gusezererwa kw’ikipe y’amavubi mu mikino ya CHAN abanyarwanda benshi bakomeje kugenda bagaragaza ko bashavujwe n’uburyo umusufizi yasifuye umukino u Rwanda rwatsinzwemo na Guinea, ari nako banihanganisha abasore bamavubi babashimira uburyo bitwaye muri iri rushanwa.

Akaba ari muri urwo rwego rero Miss Muyango, yashatse kugaragaza ko yifatanyije n’umukunzi we Kimenyi wagiye mu kibuga asimbuye Olivier ndetse agahita atsindwa igitego kimwe rukumbi cya garagaye muri uyu mukino.

Muyango rero ntiyiriwe avuga menshi ahubwo ya postinze ifoto ya Kimenyi kuri instagram maze ashyiramo umutima, amwereka ko amufite ku mutima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mutesi Jolly yageneye Kwizera olivier ubutumwa bwihariye nyuma y’akaga yahuye nako nijoro

Bwa mbere, Chistopher yahishuye ko ari mu rukundo n’umukunzi we bamaranye igihe kirekire.