in

Kigali nabo ntiborohewe! Abavuzi gakondo isosi yabo batangiye kuyimenamo inshishi

Hari abaganga bakora muri serivisi z’ubuvuzi gakondo bifashishije ibimera bakorera mu mujyi wa Kigali, bavuga ko hari abambika icyasha umwuga wabo bacuruza mu buryo bwa magendu.
 
Aba baganga bavura bazwi nk’abavuzi gakondo, Nubwo uyu mwuga wabo ugenda waguka ugereranije no mu myaka yo hambere, bavuga ko igihe inzego za leta cyangwa iziwufite mu nshingano zidahagurutse ngo zikumire ubu bucuruzi bukorerwa mu nzira no mu muhanda bufatwa nk’akajagari buzacika burundu bitewe nuko buzaba bwaratakarijwe ikizere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuyobozi wa APR FC yahakanye bikomeye ikintu bakomeje kubashinja gituma abakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bavuga ko iyi kipe ari yo ifite ijambo rikomeye muri Shampiyona

Padiri yarambitse hasi umuhamagaro maze arongora inkumi yamurobesheje ku munezero wo mu ishuka