in

Umuyobozi wa APR FC yahakanye bikomeye ikintu bakomeje kubashinja gituma abakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bavuga ko iyi kipe ari yo ifite ijambo rikomeye muri Shampiyona

Umuyobozi wa APR FC yahakanye bikomeye ikintu bakomeje kubashinja gituma abakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda bavuga ko iyi kipe ari yo ifite ijambo rikomeye muri Shampiyona

Umuyobozi wa APR FC Lt. Col. Richard Karasira, mu butumwa yahaye Radio Rwanda yavuze ko ikipe ye itigeze igira uruhare mu gutuma imikino y’ibirarane idakinwa muri iyi minsi ngo kuko bafite abakinnyi benshi bakomeye bitabatera ikibazo mu gihe baba bakinnye.

Byavugwaga ko kuri uyu wa gatatu amakipe arimo APR FC na Rayon Sports zagombaga gukina imikino y’ibirarane ndetse ikongera ikihurira muri wikendi mu mukino ufatwa nk’uwa mbere hano mu Rwanda ariko iyi mikino yakuweho.

Ikipe zombi zigiye gukomeza kwitegura uyu mukino guhera ku munsi w’ejo kuwa Kabiri. Kugeza ubu ntiharamenyekana aho uzabera kuko Sitade ya Kigali Pelé ntabwo umujyi wa Kigali urabahereza uburenganzira.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aho aryamye mu bitaro, Mama Nick uherutse kubagwa yanze kuba indashima

Kigali nabo ntiborohewe! Abavuzi gakondo isosi yabo batangiye kuyimenamo inshishi