in

KARABAYE: Umugore yahindutse ihene nyuma yo guhatira abanyeshuri amafaranga bakayanga (VIDEO)

Umugore ubugwaho kuba uri umurozi ukomeye muri Nigeria yahindutse ihene y’umweru atangira kurisha ubwatsi nyuma yo guhatira abanyeshuri amafaranga arimo uburozi bayanga ,akaba ari we ibirozi bifata.

Nk’uko ikinyamakuru Zambianobserver kibivuga ngo Uyu mugore w’umupfumu ,yagiye ku kigo cy’amashuri cyitwa Oganganmodu Grammar School agamije kuroga abanyeshuri ndetse ngo yari yitwaje amafaranga maze ayata hasi kugirango umunyeshuri uyatora afatwe n’imyuka mibi maze ahinduke ihene.

Ubwo yari amaze guta aya mafaranga hasi,abantu bamubwiye ko ataye amafaranga yanga kuyatora habura n’umwe uyatora kugeza ubwo abantu bamufashe bayamuha ku ngufu niko gutangira kurisha nk’ihene.

Uwari kuri iki kigo uyu mugore yatayeho aya mafaranga yagize ati “Yinjiye ku kigo cya Oganganmodu Grammar School kiri muri Leta ya Ekiti.Yashakaga guha umunyeshuri aya mafaranga ariko arayanga.Yagerageje amayeri ashoboka biranga kugeza ubwo abuze igisubizo burundu.”

Yayataye hasi ariko nta munyeshuri n’umwe wayatoraguye kugeza ubwo abari aho bose babonye ahindutse ihene.”

Kanda hano hasi urebe video yuko byagenze:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibizakwereka ko umugore/umukobwa mukundana utamunejeje na gato mu gihe mwateraga akabariro.

Umva igisubizo gisekeje Charly na Nina bahaye umufana wabo wababazaga iyo basigaye baba.