in

Impanga z’abakobwa n’abasore basa mu buryo butangaje bakoze ubukwe bwavugishije abatari bake (AMAFOTO)

Impanga zisa mu buryo buhebuje zikomoka muri Nigeria zikomeje kuvugisha benshi nyuma yo gukora ubukwe bw’akataraboneka.Mu mafoto biragoye gutundukanya aba basore aho bari yewe n’abakobwa aho bari riba ihurizo kumenya uwo mwaba muziranye cyangwa kumutandukanya na mugenzi we kuko barasa cyane

Izi mpanga z’abasore n’iz’abakobwa, ntabwo amazina yabo yatangajwe ku mbuga zitandukanye. Bagaragara bambaye imyambaro y’idini rya Islamu, ibyerekana ko ariho basezeraniye kubana akaramata. Nigeria kandi kiri mu bihugu bigaragaramo cyane Idini ya Islam no kugira imyemereye yo gushaka umugore urenze umwe.

Izi mpanga zirasa ku buryo butangaje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto iteye ubwuzu ya HE Paul Kagame ateruye umwuzukuru we muri 2021.

Kimenyi Yves yifurije umwaka mushya muhire abakunzi be anibutsa Muyango ko amukunda cyane.