in

Diego Costa na Gabriel Jesus bagaragaye bari mu gitanda n’inkumi imwe(AMAFOTO)

Diego Costa wamamaye muri Chelsea na Gabriel Jesus ukina muri Manchester City bagaragaye ku mafoto 2 atandukanye yavumbuwe muri Bibiliya yasanzwe aho bakusanyiriza inkunga zo gufasha abatishoboye bari kumwe n’inkumi.

Aba bakinnyi bafotowe bambaye ubusa ndetse bishimiye ibihe byiza bagiranaga n’uyu mukobwa umwe bigaragara ko bamusimburanagaho.
Uwahaye amakuru The Sun agira ati “Ayo mafoto yagaragaye ariho Costa na Jesus.Bose bari kumwe n’umukobwa umwe.Barimo guseka kandi bigaragara ko baryohewe n’ibihe bagiranye nawe.Bose bari bambaye ubusa hejuru.”


Ayo mafoto yafashwe mu bihe bitandukanye.Aho bakusanyiriza inkunga batanga imyenda yambawe gusa kuri iyi nshuro habonetse ibitandukanye nk’uko ikinyamakuru cyakomeje kibivuga.
Ibi bikapu birimo icyabonetsemo Bibiliya yarimo amafoto y’ibi byamamare byatanzwe muri Gicurasi uyu mwaka ariko ngo abasaka babonye aya mafoto mu cyumweru gishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyakwereka ko umukobwa akiri isugi cyangwa ko byarangiye.

Umuhungu wa Wayne Rooney yamaze gusinya muri Manchester United