in

Barack Obama yashimagije cyane umukwe we washyizwe mu kato yaje kubasura.

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama yashimagije umukunzi w’umukobwa we, Malia Obama avuga ko ari umwana mwiza nubwo mbere atamukundaga.

Ni nyuma yaho kuri uyu wa kane, tariki 17 Ukuboza 2020 uyu musore wo Bwongereza ukundana na Malia Obama yaje muri Amerika ariko agashyirwa mu kato kubera icyorezo cya COVID19, umuryango wo kwa Obama rero wahise umujyana iwabo ngo abe ariho arangiriza iminsi ye yahawe yo kujya mu kato.

Uyu Obama akaba yaratunguwe nimico myiza uyu musore yifitiye maze ntiyabyihererana aramutaka nk’uko tubikesha Us Magazine. Yagize ati”Nta gitutu tumushyizeho rwose! nabe agumanye natwe igihe gito,Twamujyanye mu rugo, gusa mbere sinamukundaga, ariko nasanze ari umwana mwiza. “

Ubu umukwe wa Obama bari kumwe mu rugo rwabo.

Twibutse uyu Malia Obama afite imyaka 22 y’amavuko,gusa benshi bakunze kumuvuga nabi ko agira imyitwarire itari myiza nko kunywa itabi ninzoga agasinda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya igitera kuzana uruhara n’uburyo wabirwanya.

Diamond Platnumz yongeye kwerekana ko urukundo yakundaga Zari ntaho rwagiye (VIDEO)