in

Amagambo ya Kevin De Bryune yahungabanyije ikipe ya Manchester City

Kizigenza w’ikipe ya Manchester City, Kevin De Bryune yavuze amagambo yakangaranyije ubuyobozi bwa Man City aho yemeza ko yiteguye kuva muri iyi kipe niramuka idakuriweho ibihano yahawe na UEFA.

Mu kiganiro yagiranye na HLN, Kevin De Bryune yagize ati :”Kuri ubu ndacyategereje. Ikipe yanyijije ko ibihano bikurwaho, niyo mpamvu nkitegereje, kuko ndayizera. Nimenya ikizavamo (mu kujurira kwa Man City) nibwo nzafata icyemezo. Sinamara imyaka 2 ntakina Champions league yaba ari myinshi cyane. Bibaye ari umwaka umwe gusa wenda bwo nshobora kuhagura.

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kylian Mbappe yanyomoje amakuru amaze iminsi amuvugwaho

Cristiano Ronaldo yaguriye nyina impano idasanzwe