in

Amakipe abiri akomeye yatangiye kurwanira Kevin De Bryune

MANCHESTER, ENGLAND - DECEMBER 29: Kevin De Bruyne of Manchester City reacts during the Premier League match between Manchester City and Sheffield United at Etihad Stadium on December 29, 2019 in Manchester, United Kingdom. (Photo by Alex Livesey/Getty Images)

Mu cyumweru gishize Kevin De Bryune ytangaje ku mugaragaro ko yiteguye kuva mu ikipe ya Manchester City, igihe cyose UEFA izaba itayikuriyeho igihano yayihaye cyo kumara imyaka ibiri yose idakina Champions league.

MANCHESTER, ENGLAND – DECEMBER 29: Kevin De Bruyne of Manchester City reacts during the Premier League match between Manchester City and Sheffield United at Etihad Stadium on December 29, 2019 in Manchester, United Kingdom. (Photo by Alex Livesey/Getty Images)

Uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko rero nyuma yo kuvuga ibi amakipe akomeye yo ku mugabane w’iburayi yifuza kumugura akaba yatangiye kwiyerekana.

Kuri ubu amakipe abiri ariyo Real Madrid ndetse na PSG niyo yagregaje kuba yavuga na De Bryune amumenyasha ko amwifuza gusa rero uyu musore ku mugura bikaba bitazoroha nabusa kuko igiciro cye kidashobora kujya munsi ya miliyoni 100 z’amayero.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid yatangaje amafaranga yiteguye gutanga kuri Paul Pogba

Fc Barcelone yamaze kumvikana na Inter Milan kuri Martinez